in

Amakuru agezweho: Rutahizamu waje muri Rayon Sports agatitiza umujyi ibye bishobora kurangira nabi akagenda nta mukino n’umwe wa shampiyona ya Rwanda Premier League akinnye 

Amakuru agezweho: Rutahizamu waje muri Rayon Sports agatitiza umujyi ibye bishobora kurangira nabi akagenda nta mukino n’umwe wa shampiyona ya Rwanda Premier League akinnye.

Umusore w’umunya Côte D’Ivoire witwa Gnamien Mohaye Yvan uherutse gusesekera i Kigali mu buryo butunguranye biravugwa ko ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bushobora kuba butarigeze bwishimira uyu musore ukiri muto ndetse akaba ari nayo mpamvu atarahabwa amasezerano muri iyi kipe iri kwitwara neza cyane muri iyi minsi.

Rutahizamu Gnamien Mohaye Yvan w’imyaka 20 y’amavuko bivugwa ko Rayon Sports itigeze imugura ahubwo yamwereye umushara w’ibihumbi bibiri by’idolari mu gihe yaba yashimwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe gusa ibye bishobora kutagenda neza akaba yatandukana n’iyi kipe adahawe amasezerano bitewe n’uko rutahizamu Charles Baale akomeje kwitwara neza cyane.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Couple yabo igiye kwigaragaza! Umuhanzi Tom Close n’umugore we binjiye muri Sinema – AMAFOTO

Marco Verratti wa kiniraga ikipe ya PSG yamaze kwerekeza mu barabu