in

Couple yabo igiye kwigaragaza! Umuhanzi Tom Close n’umugore we binjiye muri Sinema – AMAFOTO

Umuhanzi Tom Close n’umugore we Niyonshuti Ange Tricia , binjiye muri mwuga wa sinema aho bahereye kuri filimi eshatu uyu mugabo amaze kwandika.

Binyuze mu kigo cya ‘Iga Publishers’ gisanzwe gicuruza ibitabo bya Tom Close kikayoborwa n’umugore we , basinyanye amasezerano na Zacu Entertainment isanzwe itunganya filime .

Tom Close ahamya ko izi filime zizaba zirimo ibikenerwa byose kugira ngo zibe zashyirwa ku rwego mpuzamahanga.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aherekejwe n’umuryango we! The Ben ageze ku bitaro aho agiye gutora umubiri w’umubyeyi we uherutse kwitaba Imana (VIDEWO)

Amakuru agezweho: Rutahizamu waje muri Rayon Sports agatitiza umujyi ibye bishobora kurangira nabi akagenda nta mukino n’umwe wa shampiyona ya Rwanda Premier League akinnye