in

Marco Verratti wa kiniraga ikipe ya PSG yamaze kwerekeza mu barabu

Umukinnyi w’umuhanga cyane ukomoka mu gihugu cy’ubutariyani wakiniraga ikipe ya PSG yo mu gihugu cy’ubufaransa akaba yamaze kwerekeza mu gihugu cya Soudi Arabia mu ikipe ya Al -Hllal.

Yitwa Marco Verratti yakiniraga ikipe ya PSG mu kibuga hagati asa n’uwugarira ariko harigihe yakinishwaga asa nusatira izamu.

Uyu mukinnyi agiye nyuma yaho ikipe ya PSG imubwiyeko itamufite mu mishinga yayo.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Rutahizamu waje muri Rayon Sports agatitiza umujyi ibye bishobora kurangira nabi akagenda nta mukino n’umwe wa shampiyona ya Rwanda Premier League akinnye 

Yasubiye i bwana: Butera Knowless yatitije imbuga nkoranyambaga yifashishije amafoto meza cyane amugaragaza nk’umwana muto -AMAFOTO