in ,

Amagambo y’urukundo umukunzi wa Nshuti Savio yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram yateye benshi kwifuza gukundwa(yasome hano)

Nshuti Dominique Savio rutahizamu w’ikipe y’igihugu amavubi ndetse ukinira n’ikipe ya As Kigali amaze igihe mu rukundo n’umukobwa witwa Tricia Tracy udahwema kumugaragariza ko amukunda, kurubu amagambo yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram ntawe atatera kwifuza gukundwa.

Aya magambo y’ikidage:”Mein Herz schlägt nur für Nshuti savio er ist meine Motivation und ich liebe ihn so sehr.” uyu mukobwa yanditse mu rurimi rw’ikidage ugenekereje mu rurimi rw’ikinyarwanda agira ati:”Umutima wange utera kubera Dominique Savio, niwe mbaraga zange kandi ndamukunda cyane.” Aya akaba ariyo magambo akomeye y’urukundo uyu musore yabwiwe n’umukunzi we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda: Nyuma yo gutangira nabi champiyona ikipe ya Chelsea yacitsemo ibice bibiri

HAHISHUWE ikimenyetso simusiga cyerekana neza ko abasifuzi babera cyane Lionel Messi bagakandamiza Cristiano Ronaldo