in

Abanyeshuri 3 bari mu bagwiriwe n’ikirombe i Huye kugeza ubu itaka riracyabaryamye hejuru

Ku munsi wo ku wa Gatatu tariki 19 Mata 2023, mu Rwanda hose humvikanye inkuru ibabaje y’abaturage 6 harimo abanyeshuri 3 biga mu mashuri yisumbuye bo mu karere ka Huye mu murenge wa Kinazi bagwiriwe n’ikirombe

Kugeza ubu aba bose bagwiriwe niki kirombe baracyashakishwa ntabwo baraboneka, byatumye abaturage biheba kubera ko iki kirombe bivugwa ko gifite uburebure bw’ubujyakuzimu bugera kuri metero hafi 100.

Ibi nibyo abaturage baheraho bavuga ko nta cyizere cy’uko abaguyemo baba bakiriho.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi umwe wa Rayon Sports yababajwe cyane no kuba batarakinnye na Intare FC Kandi yashakaga kuyihemukira cyane kubera impamvu imwe gusa

Uyu mwaka nta mikino: Umuhanzi Davido yongeye gutangaza inkuru iryoheye amatwi ku bakunzi be