in

Abakinnyi babiri bahoze mu ikipe ya Apr Fc bayisuye mu myitozo bahobera Adil karahava (Amafoto)

Abakinnyi babiri banyuze mu ikipe ya Apr Fc, Manzi Thierry na Imanishimwe Emmanuel Mangwende basuye iyi kipe mu myitozo aho ikorera i shyorongi.

Aba basore bakina mu ikipe ya FAR Rabat yo muri Maroc basuye iyi kipe muri izi mpera z’icyumweru aho basanze bagenzi babo bakinannye bari mu myitozo.

Bakigera ku kibuga basuhuje umutoza wabatozaga mbere y’uko bagenda hanze y’u Rwanda ari we Mohamed Adil Errad.

Aba bosere basuye ikipe ya Apr Fc iri mu rugamba rukomeye cyane rwo kureba ko yakegukana ibikombe bibiri bikinirwa mu Rwanda ari byo igikombe cy’Amahoro bahanganiye na As Kigali ndetse n’icya shampiyona bahanganiye na Kiyovu Sports.

MANZI Thierry na IMANISHIMWE Emmanuel Mangwende bose bakina mu ikipe imwe ya gisirikare muri Maroc, iyo kipe ikaba yitwa FAR Rabat.

k

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nubona ibi bimenyetso ku mukobwa urimo gutereta uzamenye ko yahoze ari indaya aza kubivamo.

Myugariro ukomeye wa Apr Fc agiye gutandukana nayo yerekeze hanze y’u Rwanda