in

Zari The Bosslady yongeye gukozanyaho n’abafana be maze abita indaya

Umunyamideli akaba n’umushabibitsi Zari Hassan wiyita The Bosslady yongeye guterana amagambo na bamwe mu bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze bamwibasiye bavuga ko afuhira umwana utamukunda.

Ni nyuma y’uko hagiye hanze amashusho ya Zari n’umukunzi we Shakib Lutaaya amukabakaba ariko bigaragara ko Shakib batari kumwe kuko umutima w’uyu musore bisa nk’aho wari wibereye ahandi.

Bamwe bagaragaje ko uyu mugore arimo gufuha na we agira icyo abivugaho. Kuri aya mashusho yanyujijwe ku rubuga rwa Tik Tok, Zari yashyizeho igitekerezo cye.

Zari yagize ati:”Ndaya, ntabwo nihetsa cyangwa ngo mfuhe cyane, ahubwo niko abakobwa bakunda bya nyabo bamera. Ese ikibazo mufite ni ikihe niba ndi gukorakora umugabo wanjye utari uwanyu. Muteye isoni icyo muzi ni ugukundana n’abagabo b’abandi. Mwe nta nubwo mushobora kwishimana n’abo ngabo. Uyu ni uwanjye, mfite kumukoza icyo nshaka kuko ni uwanjye.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amayeri aragwira, ku kibuga cy’indege umugabo yafashwe yahishe imbunda munda y’inkoko bimubana ibibazo(amafoto)

Manchester United izahoraho niyo wowe waba utakiriho_ Abafana ba Manchester United batangiye gusubiza Ronaldo nyuma yibyo yaraye avuze