in

Yooo baramutwaye!! Umukobwa w’ikizungerezi wakunzwe muri film, agiye gushinga urugo.

Umukobwa, Dusabe Marie Grace wamenyekanye nka Gaga muri filime z’i Burundi, yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umusore yihebeye, ndetse avuga n’igihe ubukwe buzabera ko Kandi no gukina filme acyibikomeje.

Uyu Gaga rero ni umwe mu bakobwa 3 bakunzwe cyane muri filime zakunzwe cyane I Burundi mu myaka 6 ishize, akaba yaragaragaye muri filime hafi ya zose zakunzwe, harimo n’iyatwaye igihembo cyumwaka yitwa “Ishusho y’umuntu”, ikaba yaratwaye igihembo muri 2022 nawe ayirimo.

Gaga rero ubu akaba yatangaje ko afite umusore yihebeye, avuga amwe mu magambo y’urukundo yamubwiye ati” ese wakwemera kuzaba mama w’abana banjye”, undi nawe ati” yego ndabyemeye”, bahita bafata unwanzuro wo kubana.

Ubu rero ubukwe bwabo buzaba 27Gicurasi2023, akaba ari nabwo bazabana, ngo yiteguye gukomeza gukora cinema.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza w’Amavubi yashyizeho Kapiteni mushya utandukanye n’uwo benshi bari biteze

Mu Kivu habereye impanuka iteye ubwoba, yahise ihitana umwana muto cyane