in

Ubwato bukora nka hotel bwa Kivu Queen bwakoze impanuka ubwo bwagongaga ibuye hagati mu kiyaga cya Kivu

Mu gitondo cyo kuri Mbere tariki 29 Mata 2024, nibwo ubwato bukora nka hotel bwa Mantis Kivu Queen uBuranga, bwagonze ibuye hagati mu kiyaga cya Kivu ubwo bwari bugeze mu mazi ari mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Kagano ku gice cyo mu Kagari ka Ninzi.

Nyuma yo kugonga iryo buye, bwahagamye aho. Abantu bari baburimo, bavanywemo bose nta kibazo bagize, bukurwa aho bushyirwa ku nkombe aho buri kugenzurirwa niba butarangiritse.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kaboy ayitsinze wenyine! Rayon Sports WFC yegukanye igikombe cy’Amahoro inyagiye imvura y’ibitego ikipe ya Indahangarwa WFC – AMAFOTO

Amakuru mashya ku munyamakuru Ishimwe Olivier ‘Demba Ba’ wari umaze ibyumweru 2 yaraburiwe irengero