in

Yibereye hanze y’u Rwanda! Umukinnyi wavanywe muri APR FC kubera imico ye, yagiye gukorera imyitozo muri Egypt mu gihe ategereje kujya mu ikipe nshya

Yibereye hanze y’u Rwanda! Umukinnyi wavanywe muri APR FC kubera imico ye, yagiye gukorera imyitozo muri Egypt mu gihe ategereje kujya mu ikipe nshya.

Nsanzinfura Keddy umwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bafite impano y’umupira w’amaguru igaragarira buri umwe, ari kubarizwa hanze y’u Rwanda.

Uyu mukinnyi kuri ubu ari muri Egypt ari gukora imyitozo ku giti ke atekereje ikipe Manager we amujyanamo muri icyo gihugu gusa we na APR FC ntabwo birarangira ngo imurekure.

Biteganyijwe ko taliki 16 zuku kwezi aribwo Nsanzinfura Keddy azamenya ikipe azakoreramo igeragezwa.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yamusubizanyije ikinyabupfura! Mu magambo make ariko arimo ubutumwa, Umutoza wa APR FC Thierry Froger yasubije Manishimwe Djabel wavuze amagambo atari meza ku ikipe ya APR FC

Jules Karangwa wari umunyamabanga mukuru w’agateganyo muri FERWAFA yahaye ububasha umunyamabanga Mukuru uherutse kwemezwa na Komite – AMAFOTO