in

Yemeye kumutanga muri mukeba! APR Fc ntigitewe ubwoba na mukeba kubera ko yemeye kubagurisha rutahizamu wayo

Ikipe ya APR Fc nyuma yo kwiyubaka ikongera gusubira kuri gahinda yo gukinisha abanyamahanga, ikomeje kugurisha abakinnyi batandukanye b’abanyarwanda mu makipe bahanganira igikombe cya shampiyona.

Iyi kipe y’ingabo z’igihugu, yemeye kugurisha rutahizamu wayo Nizeyimana Djuma imutanga muri Kiyovu Sports.

Ubu Nizeyimana Djuma yamaze gushyira umukono ku masezerano y’imyaka 3 muri Kiyovu Sports.

Djuma agiye muri Kiyovu Sports asangamo abandi bakinnyi batandukanye b’abanyamahanga ndetse n’abanyarwanda iyi kipe ikomeje gusinyisha.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Batangiye kumufata nk’umwami! Ikipe ya Sandvikens IF yanyunzwe n’uburyo Byiringiro League ari kwitwara mu gihe gito ayimazemo – AMAFOTO

Umwana uhaze amena imbehe! Umuhanzikazi Spice Diana yatandukanye n’abamufashaga mu muziki agenda anabihenuraho