in

Yayinjiranye mu kibuga barahungabana; Menya byinshi ku nkweto ya Lionel Messi ari gukinisha igikombe cy’isi

Rutahizamu wa Argentina Lionel Messi yinjiranye mu kibuga inkweto ya zahabu yakozwe n’uruganda rwa Adidas.

X Speedportal Leyenda ifite ibara rya zahabu yasohotse mu rwego rwo kuzakoreshwa mu gikombe cy’isi cya gatanu cya Messi.

Iyi nkweto Lionel Messi  yayitangiranye mu mukino ubanza wa Arijantine mu gikombe cy’isi 2022 na Arabiya Sawudite.

Izi nkweto zagenewe umuvuduko no kwihuta hamwe na karuboni-fibre itanga isoko nini idafite uburemere.

Inkweto z’igikombe cy’isi za Messi zigura angahe?

Inkweto za X Speedportal Leyenda ya Messi yatangiye kugurishwa ku mugaragaro ku ya 22 Ugushyingo 2022,  aho abafana bashoboye kuyigura mbere y’umukino wa mbere w’igikombe cy’isi wa Arijantine.

Kugeza ubu iyi nkweto ifite igiciro cya $ 355 (£ 300) ariko Messi aramutse akomeje gutsinda muri iri rushanwa, izi nkweto zishobora kuzamuka cyane kuko zizaba ikintu gishobora gutera umunezero

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Dusengimana Jean Baptiste
Dusengimana Jean Baptiste
1 year ago

Nuko zagakoze. Iyo yiyambarira izisanzwe

Habuze gato ngo Kadafi Pro wo kwa Rocky Kimomo asome Fifi Raya ku ngufu (Videwo)

Cassa Mbungo utoza AS Kigali yateye Rayon Sports ubwoba mbere yo guhura nayo ndetse anahishura ikintu gikomeye gituma ayubaha