in

Yabirakariyemo: Element yasabwe kutaratira abantu ubwiza

Yabirakariyemo: Element yasabwe kutaratira abantu ubwiza.

Umunyarwanda niwe wavuze ko burya nta muntu ushimwa na bose ibi bigarutsweho nyuma yaho umuhanzi Element ashyize amafoto ye ku rubuga rwa X maze akishimirwa na benshi ariko uwitwa “Warasaze man” ku rubuga rwa X ntiyigeze ayishimira bitewe n’amagambo yakoresheje.

Uwitwa ‘Warasaze man’ ku rubuga rwa X ubwo yabonaga amafoto ya Element yagize ati:”Ntukaze kurata ubwiza hano man” ni mu gihe abandi bari bagiye bereka urukundo Element uri kwisonga mu gutunganya umuziki mu Rwanda.

Bimwe mu byo abantu bagiye bamubwira ubwo babonaga amafoto ye yari yashyize ku rubuga rwa X:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musore menya ubwenge: Abantu 4 abakobwa baba bashaka gukorwa n’abasore ariko bakaba batabibabwira

Uzayatanga azaba ahiye: Robert McKenna na Masinzo baciye intege abashaka kwishyura 50,000 mu bukwe bwa The Ben na Pamella kuko ngo nta gashya bazerekwa byibuze ngo basomane nk’iminota nka 15 bashimishe abafana