in

Uzayatanga azaba ahiye: Robert McKenna na Masinzo baciye intege abashaka kwishyura 50,000 mu bukwe bwa The Ben na Pamella kuko ngo nta gashya bazerekwa byibuze ngo basomane nk’iminota nka 15 bashimishe abafana

Umunyamakuru Robert McKenna yavuze ko nta munyarwanda uzishyura The Ben ibihumbi 50 ye ngo arebe ubukwe.

Ibi yabigarutseho mu kiganiro cyo kuri Magic Fm aho yari ari kumwe na Masinzo.

Robert McKenna na MAsinzo bemeza ko waba uhiye uyatanze kuko iyi couple n’ubusanzwe ibowa ku buryo nta gashya bakwereka byibuze ngo basomane nk’iminota nka 15 bashimishe abafana.

Ibi babivuze nyuma y’uko The Ben atangaje ko umuntu utazabasha kugera kuri Convention Center azishyura 50,000 agakurikira ubukwe bwe imbonankubone.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yabirakariyemo: Element yasabwe kutaratira abantu ubwiza

Fatakumavuta yongeye gushimangira ko ariwe mugabo ufite umugore mwiza abandi arabandafaza – IFOTO