in

Wa munyamakuru w’imikino werekeje muri Amerika yamaze gusimburwa n’umukobwa w’ikizungerezi

Nyuma y’uko umuyobozi w’ikiganiro, Horaho Axel wamamaye mu kiganiro Urukiko Rw’ubujurire yerekeje hanze y’u Rwanda, kuri ubu yamaze gusimburwa n’umukobwa w’ikizungerezi.

Mu cyumweru gishize nibwo Horaho Axle yafashe rutemikirere yerekeza kwibera muri Amerika,  kwibanira n’umugore we bamaze amezi make bakoze ubukwe.

Kuri ubu ubuyibozi bwa Radio Fine Fm burangajwe imbere na Sam Karenzi na we ukora ikiganiro k’imikino ‘Urukiko Rw’ubujurire’ bamaze kuzana umusimbura wa Horaho Axel.

Isimbi Cadete ni we wamaze kwemezwa ko agomba gusimbura Horaho Axel mu kiganiroy Urukiko Rw’ubujurire nyuma yo kujya kwibera muri Amerika.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru ukomeye mu mikino kuri RBA ari mu byishimo bikomeye n’umugore we nyuma yo kwibaruka ubuheta (Ifoto)

Knc yatumiye aba-Slayqween bose bo mu Rwanda kuzitabira umukino karundura afitanye na Etiencelles yatsibuye Apr Fc (Videwo)