in

Wa mukobwa wagaragaye mu mashusho arimo kwambuka umuhanda muri Tour de Rwanda, yasobanuye uko yafashe umwanzuro wo kwambuka yiruka – VIDEWO

Umukobwa wabaye icyamamare ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amashusho yagiye hanze arimo kwambuka umuhanda muri Tour de Rwanda, yasobanuye uko yafashe umwanzuro wo kwambuka yiruka.

Uyu mukobwa witwa Ange, mu kiganiro yagiranye na Gerald Mbabazi, yavuze ko yahisemo kwambuka yiruka kubera umuporisi wo mu muhanda yari yabanje kumubaza kuko abanyonzi bari bagiye kuhagera.

VIDEWO:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umujyi wa Kigali umaze gutangaza imihanda mishya irenga 10 igiye gushyirwamo imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange

KNC yiyemeje guhemba wa mwana wiga mu mwaka wa kabari w’amashuri abanza wanze gusiba ishuri agahitamo kugenda ahetse uruhinja