in

Umujyi wa Kigali umaze gutangaza imihanda mishya irenga 10 igiye gushyirwamo imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange

Ibyo wamenya kuri gahunda nshya yo gutwara abantu mu Mujyi wa Kigali:

. Ibigo 14 n’abantu ku giti cyabo 4 nibo batsindiye gutwara abantu;

. Hari Bisi zisaga 500 zitwara abantu mu Mujyi wa Kigali;

. Umujyi wagabanyijwemo imihora (Corridors)7

. Hashyizweho imihanda mishya.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irerero rya Paris Saint-Germain mu Rwanda ryatsinze rinyagiye ibitego byinshi irerero rya Bayern Munich

Wa mukobwa wagaragaye mu mashusho arimo kwambuka umuhanda muri Tour de Rwanda, yasobanuye uko yafashe umwanzuro wo kwambuka yiruka – VIDEWO