in

Videwo: Ihere ijisho imirwano hagati y’abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi na Sudan aho baje gukizwa n’inzego z’umutekano

Mu mukino wa gishuti, u Rwanda rwakinnye na Sudan wurangiye u Rwanda rutsinze Sudan igitego 1-0 gusa byaje kurangira abakinnyi barwanye ku mpande zombi.

Iyi mirwano yatangijwe n’umukinnyi w’Amavubi Muhadjil Hakizimana ubwo umukino wa ri urangiye yateye umugeri mugenzi we ukina mu kibuga hagati.

Umuzamu ufatira ikipe ya Sudan yahise aza guhorera mugenzi we bakubise umugeri maze abakinnyi bose batangira ku rwana, ku ruhande rw’amavubi barwanaga n’abo ku ruhande rwa Sudan.

Iyi mirwano yaje guhoshwa na Police ubwo yinjiraga mu kibuga ku buryo bugoranye itandukanya impande zombi.

Dore amashusho aho hasi agaragaza iyo iyo mirwano:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gérard Bi Goua Gohou yakoze agashya nyuma yo gutsinda igitego ubwo imirwano yari irimbanyije

Nyuma yo kudahirwa mu rukundo, Cyusa yerekanye umwana we avuga no ku mukunzi we