in

Video; Uko umuhanzi Costa Titch yaguye ku rubyiniro agahita apfa

Mu ijoro ryo kuwa gatandatu tariki 11 werurwe 2023, abakomoka muri South Africa bari biteze kurarana ibyishimo, bararanye agahinda kavanze n’umuborogo nyuma y’uko umuhanzi Costa Titch aguye ku rubyiniro agapfa.

Costa Tsobanoglou yavutse ku wa mu mwaka wa 1995 ku wa 10 nyakanga mu gihugu cya South Africa ahitwa Nelspruit Mpumalanga hegeranye n’igihugu cya Zimbabwe.

Itangazo rysohowe n’umuryango wa Costa Titch Rigira riti “Urupfu rwakomanze ku rugi rwacu. Rwatwibye umuhungu wacu twakundaga, umuvandimwe akaba n’umwuzukuru mukuru w’umuhungu Constantinos Tsobanoglou wari ufite imyaka 28. Uwo Afurika y’Epfo yakunze mu izina rya Costa Titch. N’agahinda kenshi, tubabajwe no kwisanga tugomba kwemera ko yapfuye.’’

Risoza rigira riti “Umuryango w’aba-Tsobanoglou urabashimira ku bw’urukundo no gushyigikira umuhungu wacu, turizera ko mukomeza kumushyigikira no mu mwuka. Turabinginze mutuzirikane mu masengesho yanyu.’’

Wema sepeto yagiye ahatangirwa ibitekerezo ati “agiye hakiri kare” n’abandi benshi bagaragaje agahinda kabo

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igitangaza; dore uko umugore n’umugabo bararanye n’intare bakaba bazima

Ipusi ifite amezi atandatu yatabaye umuryango w’abantu 6 (AMAFOTO)