in

umutoza w’Ubufaransa yagize icyo atangaza ku bakinnyi bavunitse

Umutoza w’Ubufaransa Didier Deschamps amaze gutangaza ko nta wundi mukinnyi azahamagara usimbura Karim Benzema watangaje ko imvune zitamwemereye gukina igikombe cy’isi.

Ni ubwa mbere kuva mu 1978  Ballandor ihuye n’igikombe  cy’isi uwayitwaye ntiyitabire.

Ubufaransa bukomeje kubura Abakinnyi bakomeye bishobora kuzabakora mu nkokora,bigatuma batitwara neza muri iki gikombe cy’isi kiratangira uyu munsi.

Nibo haheruka kugitwara mu mwaka wa 2018 n’ubu barahabwa amahirwe yo kugitwara nubwo babuze Abakinnyi bakomeye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akon yabwije ukuri abanyaburayi n’abanyamerika bifuza ko igikombe cy’isi cyavaho burundu

Nyaxo yemeje abantu abereka ko usibye urwenya afite n’impano yo kubyina ubwo yabyinanaga na Jojo Breezy indirimbo “Basi Sori”(Videwo)