in

Nyaxo yemeje abantu abereka ko usibye urwenya afite n’impano yo kubyina ubwo yabyinanaga na Jojo Breezy indirimbo “Basi Sori”(Videwo)

Umunyarwenya uri mu bakunzwe hano mu Rwanda Nyaxo usanzwe umenyerewe muri filime ngufi z’urwenya yongeye kugaragara ari kubyinana n’umubyinnyi ugezweho hano mu Rwanda.

Hari haciyeho iminsi mike Nyaxo agaragaye ari kubyina indirimbo igezweho yitwa Soweto we na bagenzi be bakinana muri filime z’urwenya za Nyaxo, harimo nka Puissant, Yannick, Nyaxe ndetse n’abandi.

Nyaxo yongeye guca impaka ubwo yabyinaga indirimbo igezweho hano mu Rwanda “Basi Sori” ya Passy Kizito na Chriss Eazy maze bamwe mu bamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram bavuga ko muri Comedi nibyanga azakomeze kubyina.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

umutoza w’Ubufaransa yagize icyo atangaza ku bakinnyi bavunitse

Kigali: umukobwa arashinja umumotari kumusambanya nyuma yo kwanga kumwishyura