in

Umutoza uturanye n’iwabo wa Neymar muri Brazil niwe ushobora gusimbura Adil muri APR FC

Nyuma y’uko Adil atishimiwe ndetse akaba yarahagaritswe, amakuru avuga ko mu ibanga rikomeye cyane APR FC yatangiye gushaka undi mutoza uzasimbura Adil muri APR FC.

Umutoza w’umunya-Brazil, Roberto Oliveira Concaves de Carmo utoza Vipers SC yo muri Uganda ari mu biganiro na APR FC kuba yasimbura umunya-Maroc Mohammed Adil Erradi utishimiwe n’ubuyobozi ndetse n’abakinnyi ba APR FC.

Uyu Roberto yahoze ari umuturanyi kwa Neymar aho avuka ndetse yajyaga anamubona mu myitozo ubwo Neymar yari akiri akana gato cyane gusa nta wundi mubano bafitanye uretse kuba yari atuye hafi aho.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Karim Benzema yavuze abakinnyi yafatiyeho urugero kugira ngo atware Bollon d’or

“Dore cyusa disi acyiga primaire ku Ntwali “-Ifoto ya cyusa yo mu bwana ikomeje kuvugisha abatari bake