in

Karim Benzema yavuze abakinnyi yafatiyeho urugero kugira ngo atware Bollon d’or

Karim Benzema yaraye yegukanye Ballon d’Or nk’umukinnyi mwiza wa 2022, igihembo cyatangiwe iwabo mu Bufaransa nkuko bisanzwe.

Nyuma yo kwegukana iki gikombe, Benzema yavuze ko ageze ku ndoto ze ndetse hari abakinnyi babiri bamubereye icyitegererezo. Yagize ati: “Ni isoko yo kwishima. Zari inzozi zo mu bwana bwanjye, kuko nakuze bindi mu mutwe, nifuzaga ko nazegukana iki gikombe. Nari mfite abakinnyi babiri b’icyitegererezo ari bo Zinedine Zidana na Cristiano Ronaldo”.

Umwaka ushize w’imikino Karim yatsinze ibitego 44, atanga imipira 16 ivamo ibitego mu mikino 46 yakinnye. Yakurikiwe na Sadio Mane wabaye uwa kabiri na Kevin De Bruyne wabaye uwa gatatu.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gutanga Bollon d’or, dore abakinnyi 11 beza batoranyijwe dore ko higanjemo ab’ikipe ya Real Madrid

Umutoza uturanye n’iwabo wa Neymar muri Brazil niwe ushobora gusimbura Adil muri APR FC