in ,

Umutoza ukomeye cyane mu Bwongereza nyuma yo kwitwara nabi yabeshyeye umupira ko ariwo nyirabayazana

Nyuma y’umukino wahuje ikipe ya Manchester City n’iya Wolverhampton yahoze mu cyiciro cya 1,ikipe ya Man City yatsinze iyi kipe bitabaje penalty kuko iminota 120 yarangiye ari ubusa ku bundi.Abatoza ubusanzwe bitwaza imikino myinshi cyangwa abasifuzi cyangwe se ibibuga,Pep Guardiola we yitwaje umupira utari mwiza.Image result for pep guardiola with ball

Mu magambo yuzuye uburakari yagize ati “Ibi simbivuze kubera ko twatsinze,nk’urwitazo ariko uriya si umupira abakinnyi bo ku rwego rwo hejuru bagakinnye,ntago bikwiye kandi twizeye ko bitazongera kuko abakinnyi benshi bavuze icyo kibazo.”

Ni umupira uregwa n’abakinnyi ba Manchester City kuba wari woroshye cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inshoreke Safi yahise ashaka nyuma y’iminsi mike akoze ubukwe yamenyekanye

Miss Vanessa Uwase yanyonze ikibuno maze abasore baratwarwa kugeza aho barwanira kumurongora (video)