in

Umutoza ukomeye waciye muri Arsenal yasinyiye gutoza ikipe ya Aston Villa.

Nyuma y’igihe kinini ikipe ya Aston Villa ititwara neza ndetse ikaza no gusezerera umutoza wayo bitewe n’umusaruro mucye muri ekipe Aston Villa ubu yamaze kwemeza umutoza mushya ugiye kubana nayo mu mikino isigaye ya Shampiyona y’Ubwongereza EPL ndetse akazakomezanya nayo mu gihe ari kwitara neza.

Umutoza ukomeye Unai Emery waciye mu makipe akomeye atandukanye yo muri Esipanye ndetse akaza no guca m’Ubwongereza mw’ikipe ya Arsenal ubu yemejwe nk’umutoza mushya wa Aston Villa.

Abakurikirana umupira wo m’Ubwongereza ndetse n’uy’umutoza mushya wa Aston Villa baremeza ko gutwara amanota atatu Aston Villa bigiye kujya bigora bitewe n’ubuhanga bw’umutoza wabo mushya ndetse hari nabatangiye kuvuga ngo uwatsinze yarayitsinze utarayitsinze yitonde.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Yves wa Country Fm yinjiye mu busizi mu Gihangano “Umunsi Nzapfa “

Ubutumwa bw’abakunzi ba rayon sport bwageze kuri perezida paul kagame