in

Umusore ari mu mazi abira nyuma yo kwiha gutereta abakobwa 35 icyarimwe

Umusore wo mu gihugu cy’U Buyapani yatawe muri yombi ndetse arimo guhatwa ibibazo nyuma yo gushinjwa gutereta abakobwa 35 icyarimwe ashaka kubarya utwabo.

Uyu musore watunguye abatari bake ku mbuga nkoranyambaga kubera ibyo yakoze , yafashwe na polisi yo ku icyo gihugu , nyuma y’aho avumbuweho gutendeka abakobwa benshi.

Nk’uko byatangajwe ,ngo uyu musore utatangajwe amazina yabeshyaga aba bakobwa bose ko abakunda , nyamara ngo yashakaga ko nagira isabukuru y’amavuko azabona impano nyinshi kuko yari kuba afite abakunzi benshi.

https://www.instagram.com/p/CmFQHaJohVU/?utm_source=ig_embed&ig_rid=e9d19d29-c6ca-443d-ab6f-c599501307d2&ig_mid=FF387488-B3A5-402B-973B-9D821B9AB7A2

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Neymar yoherereje ubutumwa bukomeye Tite watoje Brazil mu gikombe cy’isi

”Dore imiterere” Aggy ufite imiterere yasajije abagabo agiye kwibaruka umwana