in

Umusifuzi yakubise umufana umutwe bagira ngo ni igisasu

Byari bigeze ku munota wa  92 ubwo umufana yaje yegera ikibuga avuga nabi bisa nk’aho ari kubwira nabi umusifuzi ufite umutwe urimo uruhara ahita amukubita umutwe abantu barikanga.

Ubundi undi mutwe wavuzwe cyane n’umutwe wa Zinedine Zidane yakubise undi mukinnyi mugenzi we ubwo bari bari mu kibuga.

Uy wari umukino wari wateguwe n’abakire bo mu gihugu cya Ecosse kugira ngo bishimishe gusa ariko umusifuzi aza gukubita umufana umutwe aho ikipe yari yakiriye yari yatsinze 6;2.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ugukunda Kigali? Ni amafaranga tubaha?, Abanyanijeriya bagiye gutwikisha Kigali ibitaramo

Miss Ingabire Grace yatunguranye mu mashusho abyinisha ikibuno mu mbyino ya twerking (video)