in

“Umunsi watangiye ari uw’Igikundiro usoza ari uw’Igisuzuguriro” Umwe mu bafana ba APR FC yatangaje amagambo yasembura aba-Rayon maze bamuviraho inda imwe ubundi bakozanyaho mu mbuga nkoranyambaga umuriro uraka 

Nyuma y’umukino wa gishuti wasoje umunsi w’Igikundiro, Rayon Sports yatsinzwe na Kenya Police Fc, umwe mu bafana ba APR FC yatangaje amagambo yasembuye abakunzi ba Rayon Sports.

Uyu mufana yagize ati “Niko ye, ngo Police ya Kenya ifatiye igisambo i Nyamirambo ariko. Ikiryabarezi ngo bagikomeye ku itara cyacanye n’amatoroshi. Mutangatange icyo gisambo kitabacika yeee! Umunsi watangiye ari uw’Igikundiro usoza ari uw’Igisuzuguriro.”

Aya magambo yatumye amakunzi ba Rayon Sports bacika ururondogoro doreko ko na APR FC nayo yari yanganyije na Mukura VC yizihizaga isabukuru y’imyaka 60 imaze ishinzwe.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Axel Rugangura nyuma yo kureba byibura imikino 2 ya buri kipe izaserukira u Rwanda mu mikino ny’Afurika yagize icyo atangaza nk’inararibonye muri ruhago

“Yibagiwe ko ari mu ruhame” Nyuma yuko Pierre abaye icyamamare hose kubera kwanga gusubiramo indahiro y’umubano, umugore we nawe yarikoroje nyuma yibyo yakoreye mu ruhame bageze mu rugo iwabo – VIDEWO