in

“Yibagiwe ko ari mu ruhame” Nyuma yuko Pierre abaye icyamamare hose kubera kwanga gusubiramo indahiro y’umubano, umugore we nawe yarikoroje nyuma yibyo yakoreye mu ruhame bageze mu rugo iwabo – VIDEWO

Umugabo witwa Pierre yabaye icyamamare hose nyuma yo kugaragara mu mashusho ari kurahirira ku idarapo kubana akaramata n’umugore we maze kubera ukuntu yari yavuze nabi indihiro, Gitifu yamusabye kuyisubiramo maze avuga ko adasubiramo.

Uyu mugore we nawe yaje gukora agashya ubwo itangazamakuru ryabasuraga mu rugo rwabo, yaje kwayura ari imbere ya Camera ntacyo yitayeho.

Ubundi ubusanzwe ntabwo abantu bakunze kwayura bari imbere ya Camera, gusa uyu mugore wa Pierre we yabikoze ntacyo yitayeho.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umunsi watangiye ari uw’Igikundiro usoza ari uw’Igisuzuguriro” Umwe mu bafana ba APR FC yatangaje amagambo yasembura aba-Rayon maze bamuviraho inda imwe ubundi bakozanyaho mu mbuga nkoranyambaga umuriro uraka 

Rayon Sports yo mu Rwanda itawe muri yombi na Police yo muri Kenya i Nyamirambo, igisambo bakirengeje ku Muhima” Murera yigirijweho nkana n’abafana nyuma yo gutsindwa ku Munsi w’Igikundiro