in

Umukinnyi wa Arsenal yahuye n’ibyago ubwo yari mu iduka.

Pablo Mari umunya Espanye ukinira ikipe ya Monza mu Butariyani ku ntizanyo ya Arsenal yatewe icyuma ku mugoroba wuyu wa kane ubwo yari mu iduka.


Police yo mu mujyi wa Milan yatangajeko umugabo w’imyaka 46 y’amavuko yinjiye mu iguriro rinini(Super market)afite icyuma akagitera abantuya batanu arinaho yagitereye Pablo Mari usanzwe ukinira ikipe ya Monza kuntizanyo ya Arsenal ariko ntiyakomereka cyane ahita ajyanwa kwa muganga.

Pablo Mari w’imyaka 29 yatijwe na Arsenal mu ikipe ya Monza aho amaze gukinamo imikino umunani atsindamo igitego kimwe kuva iyi Championa yatangira mu Butariyani.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imvura yaguye uyu munsi yasenye byinshi i Kigali(Amafoto)

Hagati ya olegue na Vichou haraca uwambaye