in

Umuhanzikazi Nomcebo wakomye abanyarwanda mu ndirimbo “Jerusalema” yabahaye ubutumwa bw’intashyo

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, umuhanzikazi Nomcebo Nothule Zikode uzwi mu ndirimbo Jerusalema yahaye intashyo Abanyarwanda ahishura ko akunda u Rwanda.

Mu mashusho yafatiwe muri Amerika, Nomcebo yagize Ati “Muraho Banyarwanda, mboherereje ubutumwa bw’urukundo ndabakunda cyane. Murakoze Rwanda!”

Ibi yabivuze nyuma yo guhura n’umuherwe wo muri Nijeriya ukorera mu Rwanda wamusangije ibyiza byaho.

Nomcebo azwi cyane mu ndirimbo Jerusalema yakoranye n’uwitwa Master KG iyi ikaba imwe mu zimaze imyaka myinshi zikunzwe cyane ku Isi.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yihaye ibyo kunywa inzoga nyinshi arara mu kiraro cy’inka bucya yapfuye

Umukecuru Madeleine umufana ukomeye wa Mukura VS n’Amavubi yamaze kugera muri sitade hakiri kare yisize amarange agiye gufana Amavubi