in

Umuhanzikazi Marina Deborah yaciye impaka kubijyanye n’urukundo rwe na Yvan Muziki

Umuhanzikazi Marina Deborah yaciye impaka kubijyanye n’urukundo rwe na Yvan Muziki.

Umuhanzikazi Marina Deborah uri kwisonga mu bahanzikazi bakunzwe cyane hano mu Rwanda uvugwa cyane mu rukundo n’umuhanzi wo mu gihugu cy’u Burundi Yvan Muziki yeruye atangaza ko we n’uyu musore badakundana ahubwo ko bombi ari nshuti cyane bitandukanye nk’uko abantu babivuga.

Marina yavuze ko nta mukunzi agira kandi ko aheruka gukundana kera ashyira akadomo kubijyanye n’inkuru zari zimaze iminsi zivuga ko akundana na Yvan Muziki.

Ibi Marina yabitangaje ubwo yari mu kiganiro urubuga rw’imikino kuri Radiyo Rwanda.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Joachiam Ojera nyuma yo gukorogana mu mukino wejo hakozwe ikintu kerekana ko uyu mukinnyi yarangije gusibwa mu bakinnyi ba Rayon Sports

Amashirakinyoma ku kwirukanwa kwa Mohamed Wade urimo kurebana ayingwe n’abakunzi ba Rayon Sports byanatumye umwe mu bayobozi b’iyi kipe akubitwa umutwe n’umufana