in

Joachiam Ojera nyuma yo gukorogana mu mukino wejo hakozwe ikintu kerekana ko uyu mukinnyi yarangije gusibwa mu bakinnyi ba Rayon Sports

Joachiam Ojera nyuma yo gukorogana mu mukino wejo hakozwe ikintu kerekana ko uyu mukinnyi yarangije gusibwa mu bakinnyi ba Rayon Sports

Mu mukino ikipe ya Gasogi United yatsinzemo ikipe ya Rayon Sports ibitego 2-1 hagaragayeko umukinnyi wari umaze igihe muri Rayon Sports Joachiam Ojera yamaze gusibwa mu bakinnyi ba Rayon Sports.

Ubusanzwe ikipe ya Rayon Sports abakinnyi benshi b’iyi kipe bambara inyambaro iriho amanimero yabo ndetse n’amazina yabo. Rutahizamu Joachiam Ojera asanzwe yambara nimero 30 ndetse yanditseho amazing ye ariko ku munsi wejo twabona IRADUKUNDA Pascal yinjira mu kibuga yambaye iyi nimero.

IRADUKUNDA Pascal nubwo yinjiye mu kibuga yambaye iyi nimero 30 yari inanidtseho n’amazina ye benshi batangira kwibaza niba Koko iyi nimero yaramaze guhabwa uyu mwana ukiri muto Kandi Joachiam Ojera atararangiza amasezerano muri iyi kipe nubwo nawe yanze kugaruka gukora akazi.

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gutsindwa na Gasogi United bisa nkaho iyi kipe yavuye ku gikombe kuko kuba APR FC iyi imbere yayirusha amanota arenga icyenda naho Police FC ikayirusha 8 byagorana cyane.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya byinshi ku gikombe cy’Afurika gitangira mu masaha macye.

Umuhanzikazi Marina Deborah yaciye impaka kubijyanye n’urukundo rwe na Yvan Muziki