in

Umugore wambaye imyenda ishotorana yabyinnye azunguza ikibuno mu rusengerero, induru ziravuga.

Umugore yateje impagara mu rusengerero, ubwo yabyinaga mu huryo butamenyerewe mu nzu y’Imana(urusengero) bituma abatari bake bamwibasira no ku mbugankoranyambaga .

Ni nyuma y’amashusho yagiye akwirakwizwa ku mbugankoranyambaga agaragaza uyu mudamu wari wambaye ikanzu ngufi ,abyina azunguza ikibuno mu buryo busekeje.

Mubyukuri, bamwe mubari bitabiriye icyo giterane ntibabura gukomeza kureba no gufata amashusho ye ubwo yabyinaga muburyo bukabije.Icyatunguye abantu ni uburyo uyu mugore utatangajwe amazina yabyinaga nk’uri mu kabyiniro nk’uko bigaragara mu mashusho ikinyamakuru Atinkanews cyashyize hanze abigaragaza.

Nubwo bamwe bavuze nabi uyu mugore,bamwita indaya ariko, hari abantu bake(cyane cyane abadamu) bamuvugaga neza .Bamwe bavuze ko afite uburenganzira bwo kubyina uko yishakiye kuko Imana itavangura abantu bayo.Muri make, habaye impaka zerekeye ibyo uyu mugore yakoze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibi nibyo biremwa birambye cyane ku isi kurusha ibindi (igice cya mbere).

Ibyo abakundana bakwiye kubanza gukora mbere yo gutegura ubukwe.