in

Umu Pasiteri yafatiwe mu cyuho asambanya umugore w’abandi utwite(videwo)

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho yerekana umugabo wafashe umugore we aryamanye nundi mugabo ku buriri bwe bivugwa ko ari pasiteri.

Nk’uko amakuru abitangaza, ibi byabereye mu gihugu cya Zambiya aho umugore utwite uzwi nka Martha yagaragara yambaye ubusa mu gihe pasiteri bivugwa ko akomoka muri Congo yahise yambara ikabutura amaze kubona umugabo w’umudamu bari baryamanye afite kamera.

Umugabo yahise ategeka uwo mu pasiteri kutagerageza kuva aho ari nkuko byumvikanaga mu mashusho

Mu gihe twandikaga iyi nkuru ayo mashusho yari amaze kurebwa n’abantu bagera kuri miliyoni hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye.

Amakuru avuga ko uyu mu kozi w’Imana na Martha bakoraga umuhango wanyuma, ngo kuko Martha mbere yari yarabuze urubyaro maze uwo mu pasiteri atuma asama anamufasha no kunoza inshingano z’urugo.

Dore videwo aho hasi

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyarwanda baracyategereje itsinzi ya mbere y’umutoza w’Amavubi nk’abategereje igaruka ry’umukiza

Remera-Kigali:Habereye Impanuka ikomeye umu motari ahita ahasiga ubuzima,nyirabayazana wateje impanuka yahise atabwa muri yombi