in

Ujya wibaza impamvu abantu bahumiriza iyo bari gusomana, bari gusenga cyangwase bari gukora ibindi bikorwa byose bidasaba imbaraga z’umubiri? – Menya kandi usabanukirwe

Mu bushakashatsi bwakozwe na BBC Science Focus, bugaragaza ko iyo umuntu ahumirije(afunze amaso), ibitekerezo bye byose bihugira ku gikorwa cyose ari gukora kidasaba imbaraga z’umubiri.

Bivuze ko iyo umuntu ari gusomana, gusenga ndetse n’ibindi byose bidasaba imbaraga z’umubiri, gufunga amaso bimufasha kwibanda kuri icyo gikorwa kureba ko ibintu bishobora kukurangaza uba wabyimye amaso.

Bishobora kandi gutuma wumva ko uri umunyantege nke cyangwa twiyitaho kandi gufunga amaso nuburyo bwo kwisanzura.

Bituma umutima ubasha gukwirakwiza mu mubiri wose umusaruro wavuye muri icyo gikorwa, umubiri ukavubura umusemburo w’ibyishimo adrenaline’ n’uwa dopamine ushinzwe ibijyanye n’ibyiyumviro wiyongera mu mubiri.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cya cyongereza cye yabonye aho azajya akivugira yisanzuye! Alliah Cool yashyize hanze Filime ye shya iri mu rurimi rw’Icyongereza (Amafoto na Videwo)

Umugabo wakomeje kumvikana muri videwo ku mbuga nkoranyambaga ari kubwiriza avuga ngo “hashimwe satani ko yakuvuye umugongo ” yakuye abantu mu rujijo avuga uko byagenze – videwo nze – videwo