in

Tom Close yamaze impungenge abakunzi be batekereza ko yahagaritse umuziki

Umuhanzi nyarwanda Muyombo Thomas uzwi muri muzika nyarwanda ku mazina ya Tom Close yatangaje ko muri iyi minsi ari gutunganya indirimbo ze agiye kuzageza ku bakunzi be bahora bibaza impamvu adashyira hanze indirimbo.

Mu kiganiro yagiranye na radiyo Rwanda yavuze ko adashobora guhagarika umuziki cyereka agize izindi mpamvu zitunguranye nk’uburwayi cyangwase akabura ijwi rye yagize ati “ubundi umuhanzi ahora ari umuhanzi ntabwo inganzo ijya imuvamo.”

Uyu Tom Close afatanya gukora umuziki no kugira imirimo mu kigo gishinzwe ubuzima mu ishami ryo gutanga amaraso, yavuze ko kuva akiri umwana afite imyaka 8 yari afite intego zo kuzaba umuganga nuko arabiharanira maze biza kurangira abayewe.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tottenham imaze imyaka ine itazi gutsinda Liverpool uko bisa icyi cyumweru irabasha gukora ibitangaza?

Tom Close yatangaje ikintu gikomeye gishobora gutuma areka umuziki