in

Tom Close yatangaje ikintu gikomeye gishobora gutuma areka umuziki

Umuhanzi, umushushanyi ndetse akaba n’umuganga Doctor Muyombo Thomas wamamaye mu muziki nyarwanda mu izina rya Tom Close yatangaje ikintu gikomeye gishobora gutuma areka umuziki ndetse asobanurira neza abibaza ko abana 5 bose afite ari abe.

Mu kiganiro Tom Close yagiranye na radiyo Rwanda kuwa gatandatu tariki ya 5 Ugushyingo 2022 mu makuru ya saa moya, umunyamakuru Fredinah Uwimana yamubajije ikintu gishobora gutuma areka umuziki,Tom Close yasobanuye ko adateganya kuwureka ariko ikintu gishobora gutuma awureka ari ukuwuburira umwanya wo kuwukora bitewe n’akazi kenshi ab’afite, abajijwe niba abana 5 afite bose ari abe niba ari abe yababyaranye n’umugore we Akiwacu Trichia,Tom Close yavuze ko bose ari abe kandi yababyaranye n’umugore we Trichia.

Tom Close niwe muhanzi watwaye PGGSS ku nshuro ya yo ya mbere itangira kuba,yamamaye mu ndirimbo nyinshi zitandukanye zirimo,Si beza,Komezutsinde,Sinzigera nkureka,My love n’izindi, kur’ubu Tom Close afite umugore n’abana 5.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tom Close yamaze impungenge abakunzi be batekereza ko yahagaritse umuziki

Cyore: Umusaza wari wakoze ubukwe kwihangana byamunaniye ashaka guterera akabariro imbere y’abatashye ubukwe (video)