in

Tegura ijoro ry’urukundo mu buriri ukora ibi bintu wirebere

Mu ijoro ry’urukundo iyo umugabo n’umugore bagiye gutera akabariro hari uburyo abakundana baba bakwiye kwitegura kugirango iki gikorwa kirusheho kuba cyiza kandi bombi bagirane ibyishimo. Ni byo iyi nkuru igiye kukubwira:

▪︎Icya mbere ni Umwuka w’urukundo muri rusange hagati yanyu.

▪︎Ahantu heza umukunzi wawe yishimiye atanenga

▪︎Agomba kuba agukunda by’ukuri,nta kangononwa agufitiye ku buryo yemera kukwiha wese ntacyo aguhishe.

▪︎Kuba umugore yumva akunzwe kandi akenewe nawe

▪︎Kubanza kumukinisha mu magambo no mu bikorwa ku buryo agira ubushake bwo gutera akabariro.

▪︎Umugabo w’umuhanga uzi akamaro ko gutera akabariro

▪︎Ni byiza kumenya no gusobanukirwa iby’akadomo G(point G)

▪︎Umugore ashobora kurangiza inshuro zirenze imwe mu mubonano umwe.Iyo yabyishimiye,arangiza inshuro ya mbere nyuma y’umunota nk’umwe akaba atangiye kuzamuka ku ya kabiri,gutyo biterwa n’ukuntu yaryohewe n’ubuhanga bw’umugabo.

▪︎Ntugomba kumwihutisha igikorwa, Itonde.Abagabo akenshi bakunze guhubuka bakaba bararangije bagasiga umugore ubushyuhe bumumereye nabi.Ibi bishobora gutuma umugore aguca inyuma.

▪︎ Ntugomba gushaka ko arangiza vuba, si amarushanwa

▪︎Ganira nawe umubaze aho wakora hakamushimisha cyangwa niba hari ibyo mwahindura kugira ngo birusheho koroha

▪︎ Komeza umwuka w’urukundo-ushobora kumubwira uti ndagukunda cheri,uraryoshye,n’bindi ujya uvuga nawe urabizi!

▪︎ Reba ko position mufite itabagoye

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dj Julzz yagize icyo abwira umukunzi we, Dj Rugamba

Ukuri kubivejuru( Aliens), igihe izuba rizazimira, byinshi kubushakashatsi bwagiye hanze vuba.