in ,

Senderi wifuza umwunganizi yatangaje ibisabwa (birebe hano)

Udushya twe ntitugara imipaka. Aha yari yambaye ikoti na karavati ariko yikorera igitebo

Senderi International Hit ni umwe mu bahanzi nyarwanda uzwiho udushya twinshi kuri iyi ncuro yatangaje ko ashaka umwunganizi (Manager) ndetse avuga ibyo ushaka aka kazi agomba  yujuje 

Senderi ati”

Nyuma yo kubisabwa nabafana n’abanyamakuru  uwakumva yashobora kuba Manager wanjye uburwose uwomwanya urahari.

ibisabwa
Kuba akunda igihugu
Kuba akunda cyane ibihangano bya njye
Kuba yararangije kaminuza
Kuba ari intyoza mu ndimi
Kuba agira isuku
Kuba akunda abafana banjye bo hasi mu midugudu y’igihugu hose

Kuba atasuzugura itangazamakuru

Kuba ashyigikira iterambere ry’abagore b’u Rwanda

Kuba akunda umupira
Kuba atinda kuryama

Kuba atanywa ibiyobyabwenge

ajaklala

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba amafoto utazi yerekana uburanga bw’umwali uherutse kurizwa n’impeta y’umunyamakuru Plaisir

Breaking news: Ikipe ya Fc Barcelona imaze gufata icyemezo cyo kugurisha umwe mu bakinnyi bayo bakomeye ku buryo butungaranye