in ,

Reba amafoto utazi yerekana uburanga bw’umwali uherutse kurizwa n’impeta y’umunyamakuru Plaisir

Muzogeye Plaisir umaze kwamamara mu gufotora yarijije umukunzi we Rubega Lysette ubwo yamwambikaga impeta y’ubushuti bwabo ahazwi  Marriot Hoteli, mu Mujyi wa Kigali.

Muzogeye avuga ko yafashe umwanzuro wo kwambika umukunzi we iyi mpeta ya Fiyansaye mu rwego rwo rwo kumwereka urukundo amukuda .

Muzogeye yari apfukanye imbere y’umukunzi we impeta Rubega Lysette agiye kumwambika impeta Rubega Lysette (Ifoto/Interineti)

Yagize ati “Turakundana kandi nunvaga bimaze kugera aho twakwijira mi kindi cyiciro ndetse no mu bihe bya vuba tukabana nk’umugore n’umugabo.”

YEGOB.RW yakuzaniye amafoto agaragaza uburanga busesuye bwa Lysette wigaruriye Plaisir :

aalalma

akalama
aslaaa
jklm
aamakakal
ajmaam
amaa-ak
amala

Plaisir Muzogeye ni umwe mu banyamakuru bakora itangazamakuru ry’amafoto.Uyu musore yagiye afotora mu bitaramo bikomeye nko muri Primus Guma Guma Super star hafi ya byose, igikorwa cya nyampinga w’u Rwanda n’ibindi by’ibyamamare byagiye biza mu Rwanda harimo nka Diamond (Tanzania), Akon (Umunyasenegale ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika) n’abandi.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nguku uko urukumbuzi Nizzo afitiye umukunzi we rukomeje kumubuza kugoheka (amafoto)

Senderi wifuza umwunganizi yatangaje ibisabwa (birebe hano)