in

Sadio Mane yagizwe intwali muri Senegal: Menya impavu

Uy’umusore akomeje gutangaza abantu benshi kubera kwicisha bugufi no gucisha make kwiwe sadio mane ukinira ikipe ya Liverpool yo mukiciro cy’ambere hariya kumugabane waburaya abantu bakomeje gutungurwa nimyitwarire ahora yerekana

 

byaratunguranye ubwo byari biteganyijwe ko muri Liverpool hari bube umunsi wo kwishimira umukinnyi wabo wegukanye igikombe cy’Africa (Africon) maze atangazako atabishaka kuko uwo yatsinze kumukino wanyuma Ari umuvandimwe bakinana Mohammed Sala doreko bahuriye kumukino wanyuma Senegal vs Egypt
Bikarangira Senegal isezereye Egypt kuri penality 3 kuri 2 rero uyu mugabo sadio mane ukuzwe mugihugu cye kuko ubwe we yitangarijeko y’ishima iyo abaturage bo mugihugu cye bishimye

 

yagize ati” sinifuza gutunga indege 2 diamond 8 imodoka ihenze ngendamo Kandi mugihugu cyange hari abaturage badafite ibiryo,amazi meza,amashuri,imihanda,n’ibitaro byo kwivurizamo kwaba Ari ukwikunda n’Imana yazabimbaza niyo mpamvu ngerageza gukora ibyoshoye ngo mfashe igihugu na banyagihugu gusa neza.

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’umunsi: Sandrine Isheja Butera yifotoje ari kumwe na Mama we

Umunsi w’abagore urakomeje muri Kiyovu sports