in

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon yanze kwiyumanganye atangaza umubare w’ibitego bagomba gutsinda Kiyovu Sports imaze iminsi yigamba

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon yanze kwiyumanganye atangaza umubare w’ibitego bagomba gutsinda Kiyovu Sports imaze iminsi yigamba

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports yabwiye bagenzi be umubare w’ibitego bagomba gutsinda ikipe ya Kiyovu Sports kugirango bayihe isomo rya Ruhago ijye ihora yibuka ko iri ku rwego rwo hasi.

Ikipe ya Rayon Sports imaze iminsi ikora imyitozo yitegura umukino ifitanye na Kiyovu Sports kuri uyu wa gatanu ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.

Mu myitozo ikipe ya Rayon Sports yakoze, ku munsi w’ejo hashize yari iya nyuma bakoze mbere y’umukino. Rutahizamu wayo Hertier Luvumbu Nzinga yabwiye bagenzi be ko bagomba kuzakina n’imbaraga nyinshi kugirango batsinda Kiyovu Sports ibitego bitari munsi ya 3 kubera ko bamaze iminsi batabasha kuyitsinda.

Uyu mukino ukomeje kuvugisha benshi ndetse ubona ko hagati y’amakipe yombi hatangiye kuzamo ihangana rikomeye bijyanye ni uko benshi bavugaga ko imwe ifite abafana benshi ariko indi nibyemere.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntasha kujya hanze! Kimenyi Yves ufite ubwoba bwa Ntwari Fiacre akomeje gukora ibidasanzwe mu myitozo ku buryo n’umutoza yatangiye gutekereza kumuha agakino (AMAFOTO)

“Niba ufite ibimenyetso zana RIB bajye kumufunga kuko ibyo ni ibyaha” Perezida wa Kiyovu Sports Ltd yasanze Reagan Rugaju muri Situdiyo za Radio Rwanda amusaba kukwereka ibimenyetso ku makuru Reagan yari yatangaje kuri we maze Rugaju ararama abura icyo avuga