in

Rubavu: Abagabo baratabaza kubera umugabo wahinduye urugo rwe urusengero none akaba abamazeho abagore

Rubavu: Abagabo baratabaza kubera umugabo wahinduye urugo rwe urusengero none akaba abamazeho abagore.

Bamwe mu bagabo batuye mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Nyamyumba mu Kagari ka Kiraga mu Mudugudu wa Rambo barasaba ubuyobozi kutareberera umugabo wahinduye urugo rwe urusengero rusengera abagore none akaba agiye kubamaraho abagore babo nk’uko abo bagabo babihamirije umunyamakuru wa Radiotv10 dukesha iyi nkuru.

Ubwo umunyamakuru wa Radiotv10 yageraga ku rugo rw’uwo mugabo w’umupasiteri ushinjwa gutwara abagore b’abandi bagabo pasiteri yafashe amabuye aramwirukankana maze umunyamakuru nawe akizwa n’amaguru.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Benshi barayirwaye! Sobanukirwa indwara ituma bamwe mu bagabo batabona amasohoro (badasohora)

Birababaje! Umugore witwa Murwira Juliet yeruye atangaza uburyo yamaze imyaka irenga 19 aryamana n’inzoka