Ronaldo benshi muzi nka Gifaru cyangwa se El Phenomeno yashimangiye bidasubirwaho ko Messi ariwe mukinnyi wa mbere ku isi ndetse ko tudateze kubona undi mukinnyi nkawe vubaha.

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru AS, Ronaldo akaba yaragize ati :”Messi rwose niwe wa mbere ku isi, bizatwara imyaka nka 20 cyangwa 30 tutarongera kubona umukinnyi ufite impano nk’iye. Nkunda kureba na Mo Salah, Hazard, Neymar ndetse na Kylian Mbappe.”