in

Rihanna yatanze ubutumwa bukomeye bwakoze ku mitima y’Abanyamerika benshi

Mugihe Abanyamerika bizihizaga umunsi mukuru wo gushimira (Thanksgiving), Rihanna yohereje ubutumwa bukomeye agamije kwihanganisha Abanyamerika kavukire bari mu byago.

Kuri uyu wa kane nibwo Rihanna w’imyaka 32 yerekeje ku rukuta rwe rwa Instagram, afite ubutumwa buvuye ku mutima aho yagaragaje ko nubwo bamwe bishimira iminsi mikuru no kwinezeza ariko hari n’abandi baba bari mu gahinda nabo bakwiye kuzirikanwa.

Ubutumwa bwa Rihanna 

Yagize ati ‘Bamwe bizihiza uyu munsi… benshi bari mu cyunamo! Mboneyeho Kohereza urukundo kuri benewacu bose b’Abanyamerika kavukire,

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba utereta ugaterwa indobo, reba amasomo 4 yagufasha mu rukundo.

Abakobwa gusa: Amwe mu mazina y’urukundo wakwita umukunzi wawe akarushaho kunezezwa.