in

Reba ikintu gikomeye Neymar asabwa gukora kugira asubire muri Fc Barcelone

Nubwo bisa nibizagora cyane ikipe ya Fc Barcelone kugarura umukinnyi Neymar i Catalogne, uyu musore nawe ubwe arasabwa gukora iyo bwabaga kugirango aba yakongera gukinana n’inshuti ze Lionel Messi ndetse na Luis Suarez, aho gomba guhomba miliyoni zitagira ingano z’umushahara.

Neymar kuri ubu uhembwa umushahara ugera kuri miliyoni 50 z’amayero uteranyije ayo ahembwa na PSG ndetse nandi bamwongera yo kwamamariza Bank yo muri Quatar naramuka asubiye gukinira FC Barcelone akaba agomba kwemera kugabanya umushahara we mo kabiri akajya ahambwa miliyoni 25 z’amayero.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

JA Rule akomeje kuvuga ko ariwe watumye 50CENT agira igitekerezo cyo kurappa

Real Madrid yafashe icyemezo gikomeye kubera CoronaVirus