in

Rayon Sports yirangayeho none AS Kigali ibatwaye umukinnyi ukomeye uri mu bari bayihetse kugeza ubu

Rayon Sports yirangayeho none AS Kigali ibatwaye umukinnyi ukomeye uri mu bari bayihetse kugeza ubu

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru nibwo ikipe ya AS Kigali yabyutse itangaza ko yasinyishije umuzamu Hakizimana Adolphe wari umaze iminsi muri Rayon Sports ndetse anayihetse.

Uyu muzamu amaze iminsi nta myitozo akora muri Rayon Sports ndetse wabonaga ko ibiganiro n’ubuyobozi bw’iyi kipe bisa nkaho bitari gukorwa nyuma yo kurangiza amasezerano none AS Kigali imaze iminsi igariye Perezida Shema Fabrice yahise imusinyisha.

Rayon Sports kugeza ubu isigaranye abazamu 2 ari no Simone Tamale hamwe na Hategekimana Bonheur utarabonaga umwanya kugeza ubu.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yagiye gusezerana mu murenge azana imikino asanga gitifu ntakina ahita amusubizayo – videwo

Pasiteri Theogene uherutse kujya mu ijuru akagaruka yavuze ibyo yasanzeyo – Amashusho