in

Umugabo yagiye gusezerana mu murenge azana imikino asanga gitifu ntakina ahita amusubizayo – videwo

Ku mbuga nkoranyambaga hamaze iminsi hacicikana amashusho y’abagabo bajya gusezerana mu murenge gusa bakazana imikino myinshi.

Kuri ubu hongeye kugaragara undi mugabo wagiye gusezerana, ubwo bamubwiraka kuzamura akaboko yahise atera indirimbo mu murenge kandi yari asabwe kuzamura akaboko ngo arahire.

Kuri iyi nshuro uyu mugabo ntiyahiriwe kuko gitifu yahise amusubiza mu byicaro bye ngo abanze yitekerezeho.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore Impinduka League yazanye muri Shampiyona y’u Rwanda.

Rayon Sports yirangayeho none AS Kigali ibatwaye umukinnyi ukomeye uri mu bari bayihetse kugeza ubu