in

Producer MadeBeats I burayi inkuru yasamiwe hejuru n’umuhanzi nyarwanda ukomeye nawe wiberayo

Mu minsi yashize nibwo umugabo washyize ibuye rinini ndetse rikomeye ku muziki nyarwanda Madebeats yerekeje mu gihugu cy’ubwomgereza kwiberayo nyuma yo kumara igihe mu Rwanda.

Nyuma y’igihe gito ahageze yaje kwakirwa n’undi muhanzi nyarwanda nawe wamaze guturayo ndetse wanamaze kumenyera, uzwi ku mazina ya Kitoko.

Kitoko Bibarwa wamenyekanye nka Kitoko mu njyana ya AfroBeat, usigaye yibera mu bwongera yakiriye neza inkuru y’uko Madebeats agiye gutura mu bwongereza hafi ye.

Ibingibi akaba yarabivonyemo amahirwe akomeye ndetse adasanzwe, ndetse akaba abona ko ari andi mahirwe akomeye yo kongera kuzamura umuziki we muri iyi minsi wari utameze neza nka mbere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu magambo yuje imitoma, wa Mwana ukundana na Zari yamwifurije isabukuru nziza

Umukecuru yatewe inda n’umwuzukuru we kubera umukazana yananiwe kwita ku mugabo ahitamo kubyikorera